I Paris mu Bufaransa haraye hatangiye urubanza rwa Laurent Bucyibaruta wahoze ari Perefe wa Gikongoro mu majyepfo y'u Rwanda, ushinjwa ibyaha bya jenoside, ubufatanyacyaha muri jenoside n ...
Uwari umushumba wa Dioseze ya Gikongoro, Musenyeri Augustin Misago, yitabye imana kuri uyu wa mbere afite imyaka 69 y'amavuko. Ngo nta burwayi bukomeye bwamubonekagaho ariko harakekwa ko yaba ...