Perezida Kagame kandi yakiriye intumwa y’Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika, Dr. Ronny Jackson, baganira ku bufatanye ...
Ibi yabivuze ubwo hatangazwaga imibare ijyanye n’uko umusaruro mbumbe w'umwaka wa 2024 wari uhagaze. Murangwa Yusuf ari kumwe ...
Umuyobozi ushinzwe ishyirwa mu bikorwa ry'Imishinga mu Kigo gishizwe guteza imbere Ubwikorezi mu Rwanda, RTDA, Gihoza Mivugo ...
Perezida Kagame yemereye Ubwenegihugu bw'u Rwanda, umuhanga mu kuvanga imiziki, Iradukunda Grace Divine uzwi ku izina rya Dj Ira. Kuri iki Cyumweru, ubwo yari mu basaga 8000 bitabiriye gahunda yo ...
Mu Rwanda hagiye gushyirwaho ikigega cyihariye cy’ibigo by’imari iciriritse kigamije gukemura ikibazo cy’ikiguzi gihanitse cy’inyungu ku nguzanyo. Ni ikigega gitegerejwe kujyaho bitarenze impera z’uyu ...
Abayobozi b’Ibigo nderabuzima mu Ntara y'Amajyepfo, basabye Ikigo cy'igihugu cy'ubwiteganyirize mu Rwanda, RSSB kujya cyishyurira babyeyi bitegura kubyara bagana ibigo nderabuzima, bashyirwa muri ...
Perezida Kagame yavuze ko abantu bose bafite ‘uburenganzira bwa muntu’ bityo nta muntu cyangwa Igihugu gifite ububasha bwo kugena abagomba kubaho no kutabaho. Umukuru w’Igihugu yabitangaje kuri iki ...
Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yasabye urubyiruko kwihatira kwiga amateka y’u Rwanda kugira ngo ruyavomemo iby’ingenzi byarufasha kubaka u ...
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Yagize ati “U Rwanda ruhangayikishijwe n’umutekano warwo kandi ibi bigomba gushakirwa umuti mu nzira zisanzweho zo gukemura ...