Perezida Kagame kandi yakiriye intumwa y’Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika, Dr. Ronny Jackson, baganira ku bufatanye ...
Ibi yabivuze ubwo hatangazwaga imibare ijyanye n’uko umusaruro mbumbe w'umwaka wa 2024 wari uhagaze. Murangwa Yusuf ari kumwe ...
Umuyobozi ushinzwe ishyirwa mu bikorwa ry'Imishinga mu Kigo gishizwe guteza imbere Ubwikorezi mu Rwanda, RTDA, Gihoza Mivugo ...
Mu Rwanda hagiye gushyirwaho ikigega cyihariye cy’ibigo by’imari iciriritse kigamije gukemura ikibazo cy’ikiguzi gihanitse cy’inyungu ku nguzanyo. Ni ikigega gitegerejwe kujyaho bitarenze impera z’uyu ...
Perezida Kagame yemereye Ubwenegihugu bw'u Rwanda, umuhanga mu kuvanga imiziki, Iradukunda Grace Divine uzwi ku izina rya Dj Ira. Kuri iki Cyumweru, ubwo yari mu basaga 8000 bitabiriye gahunda yo ...
Abahinzi b’ibitunguru bo mu Karere ka Burera, barataka igihombo batewe no kuba barabuze isoko ry'umusaruro wabo. Ni ibitunguru byeze ku bwinshi, aho ubu ikiro cyabyo kirimo kugurwa amafaranga 150 Frw.
Kuri uyu wa Mbere inzego z'umutekano z'u Rwanda ziratangira ibikorwa bigamije iterambere n'imibereho myiza y'abaturage, abagezweho n’ibi bikorwa mu myaka yatambutse bagaragaza ko byahinduye ubuzima ...
Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yasabye urubyiruko kwihatira kwiga amateka y’u Rwanda kugira ngo ruyavomemo iby’ingenzi byarufasha kubaka u ...
Perezida Kagame yavuze ko abantu bose bafite ‘uburenganzira bwa muntu’ bityo nta muntu cyangwa Igihugu gifite ububasha bwo kugena abagomba kubaho no kutabaho. Umukuru w’Igihugu yabitangaje kuri iki ...
Abanyarwanda bavuga ko baterwa n’ishema n’ibikorwa by’Ingabo na Polisi mu iterambere n’imibereho myiza y’abaturage, nyuma y’inshingano zo gucunga umutekano no kurinda Igihugu. Ni mu gihe ku wa Mbere ...
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.